Image default
Amakuru

Copa America mu isura itungurana buri gihe

Igikombe gihuza amakipe yo kumugabane w’Amerika yepfo gusa ubu harimo n’izo mu ya ruguru kuri ubu kiri kubera muri leta zunze ubumwe z’Amerika kuva kuwa 20 kamena kugeza kuwa 14 nyakanga.

Muri iyi Copa America hamaze gutangazwa ko nta minota 30 y’inyongera mu mikino yo gukuranwamo (knockout stages) izajya ikinwa bivuze ko nyuma yo kunganya mu minotab 90 ubwo bazajya bakizwa na za Penalite, icyakora iyi minota 30(extra time)yabaho k’umukino wanyuma gusa( final)

Muri iki gikombe gifitwe inshuro nyinshi na Argentina ifite igiheruka ndetse na Uruguay bigifite inshuro 15 iki cyemezo cyatunguye benshi kuko ntabwo bisanzwe mu marushanwa mpuza mahanga cyane cyane ahuza ibihugu.

Related posts

MTN-NCBA-BNR na RRA bashimiwe uko bita kubuzima bwo mu mutwe bwabakozi babo

Christian Abayisenga

Apotre Mignonne yashimye Ubuntu bw’Imana bwamwemereye kuba umushumba avuka kubabyeyi babyaranye ntabukwe bwemewe n’amategeko akaza kumenya papa we kumyaka 33

Christian Abayisenga

Ku myaka mirongo ine Jose Fonte yabonye indi kipe yerekezamo

Mugisha Alpha

Leave a Comment