Image default
Imikino

Rayon sport yatangiye imyitozo yitegura umwaka w’imikino wa 2024/2025

Ikipe ikina ikina ikiciro cya mbere ya mu Rwanda ikiba ariyo kipe izwi nk’ifite abakunzi benshi mugihugu cyose Rayon sport yatangiye imyitozo yitegura umwaka w’imikino ugiye gutangira mu kwezi gutaha.

Ni imyitozo yabereye ku kibuga cyayo cy’imyitozo mu nzove Aho isanzwe ikorera imyitozo ni imyitozo yagaragayemo abakinnyi bashya iyi kipe yaguze barimo Rukundo Abdul Rahman, Niyonzima Olivier,Ndikumana Patient,Ishimwe Fiston, Nshimiyimana Emmanuel

Unuyobozi bw’iyi kipe burizeza abakunzi bayo ko uyu mwaka uzaba mwiza nyuma y’ushize utarashimishije abafana n’abakunzi muri rusange

Related posts

Jadon sancho nyuma y’intizanyo yagarutse mu rugo

Mugisha Alpha

Ni amashimwe gusa kuri Emery Bayisenge wagarutse mu mavubi

Mugisha Alpha

Buzimana Djihad yatandukanye n’ikipe yakiniraga

Mugisha Alpha

Leave a Comment