Image default
Imikino

Old Trafford nshya izaba iteye ubwoba

Ikipe ya Manchester united yo mu Bwongereza biravugwa ko stade yayo Old Trafford igiye kuyivugurura ikanayagura mu bunini n’ubushobozi bw’abantu yakiraga.

Mu makuru dukura mu bitangazamakuru by’iburayi byanditse ko ikipe ya Manchester United igiye kwagura stade yayo ariyo Old Trafford ikava ku kwakira ibihumbi mirongo irindwi na bine ikajya ku bihumbi ijana, iyi stade nshya ikaba iteganyijwe kuba yakuzura mu myaka itandatu iri imbere itwaye billion esheshatu z’amayero.

Iki gitekerezo cyo kuvugurura iyi stade ya Man U cyaje nyuma y’uko iyi kipe iguzwemo imigabane ingana na 27 kw’ijana na Sir Jim Ratcliffe uhagarariye Sosiyete izwi nka INEOS, bakaba barasanze ngo iyi stade idakwiriye ikipe y’ubukombe nka Manchester United.

Related posts

Byinshi wamenya kuri Andres Iniesta wahagaritse umupira w’amaguru

Mugisha Alpha

Yakiniye amakipe arindwi atandukanye muri premier league

Mugisha Alpha

CAF yatanze ibihembo ku bahagarariye Africa neza

Mugisha Alpha

Leave a Comment