Image default
Imikino

Onana yerekeje mu yindi shampiyona

Willy Esomba Onana ukomoka mu gihugu cya Cameroon wamenyekanye ubwo yakiniraga Rayon Sport ya hano mu Rwanda  mu myaka ibiri ishize yabonye indi kipe akinira.

Mu cyumweru gishize nibwo yasakaye amakuru ko uyu musore wakiniraga ikipe ya Simba sport club yo muri Tanzania yaba yaraganiriye akanemezanya n’ikipe yo muri shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Libya ariyo Al Hilal Benghazi kuyerekezamo ku masezerano y’umwaka umwe akaba yatanzweho ibihumbi ijana by’amadolali y’America ku ikipe ye ya Simba.

Iyi kipe Willy Esomba Onana yerekejemo abenshi bayibukira ko yasezereye ikipe ya Rayon sport mu gikombe cya CAF confederations cup mu mwaka ushize w’imikino ibikoreye hano mu Rwanda.

Related posts

Ubufaransa bugiye kumukumbura

Mugisha Alpha

Impinduka muri Manchester United

Mugisha Alpha

Fred wahoze akinira Man U Ari mu byishimo bidasanzwe

Mugisha Alpha

Leave a Comment