Image default
Imikino

Arsenal ibuze undi wataka

Ikipe ya Arsenal yo mu bwongereza nyuma y’iminsi itari micye ibayeho mu buryo abakunzi bayo bavuga ko nta mwataka iyi kipe ifite, uwo yifashishaga wari mu beza ifite yamutakaje kugeza uyu mwaka w’imikino irangiye.

Hari mu myitoza ikipe ya Arsenal iri gukorera mu mujyi wa Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu nk’uko isanzwe ijyayo mu minsi nk’iyi buri mwaka mu bihe bya vuba aho uyu mugabo w’imyaka 25 ukomoka mu Budage wari mubafashaga iyi kipe mu gice cy’ubusatirizi yaje kuvunika biza no gusaba ko abagwa ku kuguru.

Uyu mukinnyi muri uyu mwaka w’imikino yari afite ibitego icyenda n’imipira itatu yavuyemo ibitego muri shampiyona y’uyu mwaka akaba ari nawe wari uyoboye abafite ibitego byinshi mu ikipe ya Arsenal uyu mwaka.

Related posts

Umukinnyi wa Liverpool agiye kugura ikipe imwe mu zikomeye I burayi

Mugisha Alpha

Wayne Rooney uburyo atangiye shampiyona byibajijweho

Mugisha Alpha

Cyera kabaye Liverpool iraguze

Mugisha Alpha

Leave a Comment