Image default
Imikino

AS Roma yatandukanye n’umutoza

Ikipe ya As Roma ikina ikiciro cya mbere mu Butaliyan mu gitondo cyo kuri uyu wa 18, nzeri nibwo hasohotse amakuru ko yatandukanye na Daniele De Rossi wayikiniye akaba yari asigaye ayitoza.

Uyu mutoza wahoze ari gapiteni w’iyi kipe atandukanye na As Roma nyuma y’amezi agerawku icyenda atoza iyi kipe kuko yayijemo mu kwezi Kwa mbere asimbuye umunya Portugal Jose Mourinho wari wirukanwe azira umusaruro mukeya muri iyi kipe iri mu zikunzwe cyane mu Butaliyani no hanze yabwo.

Daniele De Rossi agiye asize ikipe ya AS Roma ku mwanya wa 16 n’amanota 3 n’umwenda w’igitego kimwe mu mikino ine ya Shampiyona bamaze gukina kuko banganyije imikino itatu batsindwa umukino umwe.

Related posts

Arsenal ibuze undi wataka

Mugisha Alpha

Man city yerekanye Mahrez mushya

Mugisha Alpha

Impano ya Arsenal yahageze

Mugisha Alpha

Leave a Comment