Myugariro ukomoka mu gihugu cya Esipanye Sergio Ramos Garcia w’imyaka mirongo itatu n’umunani wamenyekanye mu makipe nka Real Madrid, Paris saint Germain n’ikipe y’igihugu cye...
Ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa shampiyona y’abongereza kugeza ubu, yahawe integuza n’umukinnyi wayihozemo ko iyi kipe ishobora kuba itazagumana umukinnyi mwiza wayo Mohamed Salahw’imyaka...
Ikipe ya Arsenal yo mu bwongereza nyuma y’iminsi itari micye ibayeho mu buryo abakunzi bayo bavuga ko nta mwataka iyi kipe ifite, uwo yifashishaga wari...
Kuri uyu wa 9,gashyantare ikipe ya mbere mu kiciro cya mbere mu Bwongereza yasezerewe n’iyanyuma mu kiciro cya kabiri mu mikino itegurwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru...
Ikipe ya AFC Bournemouth yo mu kiciro cya mbere mu Bwongereza mu bihembo byatanzwe kuri uyu wa 7, gashyantare na Premier league cyangwa ishyirahamwe ry’ikiciro...
Umunya Brazil Marcelo Vieira da Silva Júnior ku myaka 36 y’amavuko kuko yabonye izuba kuwa 12,gicuransi 1988 akaba amaze gutangaza ko asezeye umupira w’amaguru nk’uwabigize...
Umukinnyi ufatwa nk’umwe mu beza isi yagize mu mupira w’amaguru ukomoka muri Portugal Cristiano Ronaldo dos Santos Aveiro, uyu mugabo yabonye izuba kuwa 5,gashyantare 1985...
Ikipe ya Etincelles ukina ikiciro cya mbere mu Rwanda iherereye mu karere ka Rubavu ikaba ikinira imikino yayo kuri stade y’akarere ka Rubavu yongeye kwihuza...