Image default
Amakuru

Copa America mu isura itungurana buri gihe

Igikombe gihuza amakipe yo kumugabane w’Amerika yepfo gusa ubu harimo n’izo mu ya ruguru kuri ubu kiri kubera muri leta zunze ubumwe z’Amerika kuva kuwa 20 kamena kugeza kuwa 14 nyakanga.

Muri iyi Copa America hamaze gutangazwa ko nta minota 30 y’inyongera mu mikino yo gukuranwamo (knockout stages) izajya ikinwa bivuze ko nyuma yo kunganya mu minotab 90 ubwo bazajya bakizwa na za Penalite, icyakora iyi minota 30(extra time)yabaho k’umukino wanyuma gusa( final)

Muri iki gikombe gifitwe inshuro nyinshi na Argentina ifite igiheruka ndetse na Uruguay bigifite inshuro 15 iki cyemezo cyatunguye benshi kuko ntabwo bisanzwe mu marushanwa mpuza mahanga cyane cyane ahuza ibihugu.

Related posts

Sinach umunyabigwi  mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana yageze I Kigali yakirwa mucyubahiro

Christian Abayisenga

Ni indirimbo y’ibihe byose! Umuramyikazi Gisa Claudine yasohoye ndirimbo yitwa  “KOMERA”

Christian Abayisenga

Apostle Mignonne Alice Kabera ni muntu ki? Menya usobanukirwe ibyo wibazaga kuri we.

Christian Abayisenga

Leave a Comment