Image default
Imikino

David Raya mu mitwe y’abakunzi n’abanzi ba Arsenal

Umunyezamu wa Arsenal ukomoka mu gihugu cya Esipanye w’imyaka 29 ari mu baranze umunsi wa mbere wa UEFA champions league 2024 nyuma yo kwitwara neza mu mukino Arsenal yakiniye mu gihugu cy’ubutaliyani.

Uyu mugabo werekeje muri Arsenal mu mpeshyi y’umwaka wa 2023 akaba Ari mu bazamu beza kugeza kuri ubu banafasha ikipe zabo byumwihariko mu mikino ikomeye, mu mukino bakinaga n’ikipe ya Atalanta Bergamasca yo mu Butaliyani uyu muzamu yigaragaje bikomeye ndetse afasha ikipe ye ya Arsenal akuramo penalite ya Atalanta yabonetse ku munota wa 51 igaterwa n’umutaliyani Matteo Rettegui.

Iyi Penalite yaje guterwa umuzamu Raya akayikuramo ikanasongwamo uyu muzamu akongera akayikuramo byaje gutuma ikipe zombi zinganga uyu mukino ubusa ku busa.

Related posts

Abaramyi bakomeye mu Rwanda, Mbonyi,Chryso, Gaby,Tonzi, Aime,Bosco Nshuti, Nkomezi…bahuriye mu ndirimbo”TURAJE”igizwe n’ amagambo yo gushima Imana kuby’ Urwanda rumaze kugeraho.

Christian Abayisenga

Ikipe ya Bordeaux yateye agahinda abakunzi b’umupira

Mugisha Alpha

Umunsi wa mbere wa UEFA champions league usize byinshi

Mugisha Alpha

Leave a Comment