Image default
Imikino

Gusezera kwiza Kwa Lionel Messi na Angel Dimaria muri Copa America

Abakinnyi mpuzamahanga b’abanya Argentina Angel Dimaria na Lionel Messi bakinaga Copa America yabo yanyuma binarangira bayegukanye batsinze Colombia

Igikombe cya Copa America 2024 cyaberaga muri leta zunze ubumwe za Amerika byarangiye cyegukanwe na Argentina itsinze ikipe y’igihugu ya Colombia ku mukino wa nyuma waberaga kuri Hard rock stadium mu mugi wa Miami,ni umukino wabonetsemo igitego kimwe cyatsinzwe na Lautaro Martinez ku munota wa 112 Colombia ibura igitego cyo kwishyura. Ikipe y’igihugu ya Argentina yegukanye Copa America yayo ya cumi na gatandatu iba igihugu cya mbere gifite ibi bikombe byinshi aho ikurikirwa na Uruguay ifite cumi na bitanu Argentina ikaba Ari nayo yari ifite iki gikombe giheruka mu mwaka wa 2021

Related posts

Ibintu Napoli ikoreye Victor Osimhen biteye agahinda

Mugisha Alpha

Police yasoje umwiherero wo kwitegura umwaka w’imikino wa 2024/2025

Mugisha Alpha

Nsabimana  Aimable yongereye amasezerano mu ikipe ya Rayon sport

Mugisha Alpha

Leave a Comment