Image default
Kwamamaza

Iki gitaramo cyateguwe na Fabrice, Maya na HM Africa kizaba tariki 2 Kamena 2024 kuri CLA Nyarutarama

Iki gitaramo kizatangira saa kumi n’imwe z’umugoroba kuri ubu amatike yo gushyigikira umurimo w’Imana ari kugurishwa ibihumbi bitanu by’u Rwanda n’ibihumbi makumyabiri na bitanu by’U Rwanda aho wayigura kuri *797*30#

Muri iki gitaramo abaramyi Nzeyimana Fabrice n’umufasha we Maya bazafatanya na Apotre Apollinaire Habonimana n’umufasha we Jeannette

Related posts

Korali Hoziana y’i Nyarugenge yateguye igitaramo gikomeye yatumiyemo Papy Clever&Dorcas na Shalom

Christian Abayisenga

Abaramyi bakomeye mu Rwanda, Mbonyi,Chryso, Gaby,Tonzi, Aime,Bosco Nshuti, Nkomezi…bahuriye mu ndirimbo”TURAJE”igizwe n’ amagambo yo gushima Imana kuby’ Urwanda rumaze kugeraho.

Christian Abayisenga

Umuramyi N Fiston, yashyize hanze amashusho y’ indirimbo yise “NDI MURUGENDO”

Christian Abayisenga

Leave a Comment