Image default
Indirimbo

Martin Mugisha yashyize hanze indirimbo yavuye mu nzozi

Martin Mugisha wakoze iyi ndirimbo

Iyi ndirimbo nshya ya Martin Mugisha yashyize hanze yayise Wankundiye Iki, ikaba ari indirimbo yavuye mu nzozi aryamye mugihe yari mu masengesho y’iminsi 3.

Martin Mugisha aganira na HolyRwanda.com yavuze ko ubutumwa yashakaga  guha abantu ari  ukubabwira  guhora bibuka urukundo n’imbabazi Yesu yatugiriye ntakiguzi  twatanze.

Martin Mugisha n’inshuti ze ubwo bafataga amashusho

Amajwi yiyi ndirimbo yatunganijwe na Martin Mugisha ubwe usanzwe ari na producer agakorera no muri studio ye yitwa Ishusho yawe, amashusho yayo yatunganijwe na Director Sabey

Iyi ndirimbo wayisanga kuri youtube channel yitwa Mugisha Martin Official

Related posts

Umuramyi Serugo Bihozagara Bonke yateguje abakunzi be umunezero mu ndirimbo”Ntahinduka”.

Editor

Korali El-Bethel ya Adepr Kacyiru, yasohoye indirimbo nshya “Umwungeri”

Christian Abayisenga

Harabura amasaha abarirwa ku ntoki, ngo tujye gutaramira mu gitaramo cya “Family of Singers Choir”

Christian Abayisenga

Leave a Comment