Image default
Imikino

Petros koukuras wahoze atoza kiyovu arahamya ko yazamuye urwego

Umugabo ukomoka mu gihugu y’Ubugereki Petros koukuras w’imyaka 35 wahoze utoza ikipe yo mu kiciro cya mbere hano mu Rwanda ya Kiyovu Sport mu mwaka wa 2023 Aho yanatoje mu gihugu cy’Ubugande mu ikipe ya Villa Sc yabonye indi mpamyabushobozi

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram n’amakuru yaduhaye tuganira nawe yavuze ko Ari impamyabumenyi ku bijyanye n’ikoreshwa ry’igikoresho kifashishwa mu mupira w’maguru mu kwitoza, kureba imbaraga ndetse no kureba uko abakinnyi bahagaze mu mikaya, bityo icyo gikoresho kikaba gifasha no kumenya uburyo bwiza bwo kurinda abakinnyi imvune ,yavuze ko gifasha mu gupima umuvuduko ndetse nimikorere y’umubiri we muri rusange iki gikoresho cyitwa Nordbord

Yavuze ko yafatanyije aya masomo n’umuvandimwe we ndetse n’uwahoze amwigisha ukomoka mu Buhinde Ari we Monem Jemni nk’uwari abahagarariye mu gihe cy’umwaka umwe. Uyu mutoza uhamya ko yakunze u Rwanda cyane yatubwiye ko ubu nta kipe afite ategereje ikipe ifite umushinga mwiza bakorana

Related posts

Ntwari Fiacre aratangazwa vuba mu ikipe iri mu zikomeye muri Afurika

Mugisha Alpha

Jadon sancho nyuma y’intizanyo yagarutse mu rugo

Mugisha Alpha

Alda Guler yasubije mu buryo bwatangaje benshi

Mugisha Alpha

Leave a Comment