Image default
Imikino

Roberto firmino wahoze akinira Liverpool abaye umushumba w’ivugabutumwa

Umukinnyi ukomoka muri Brazil w’imyaka 33 wahoze akinira ikipe ya Liverpool yo mu Bwongereza yagiyemo mu mwaka wa 2015 avuye mu gihugu cy’ubudage mu ikipe ya Hoffeneim yatangiye ivugabutumwa nk’umushumba

Uyu mukinnyi usigaye ukinira ikipe ya Al Ahli yo muri Saudi Arabia avuga ko yafashijwe bikomeye kuba umukiristo na mugenzi we bakinanaga muri Liverpool Allison Becker wamubatije, umurimo w’ivugabutumwa Firmino azawufatanya n’umufasha we iwabo muri Brazil aho umuhango wo kwiyegurira Imana wabereye mu gace ka Maceio Aho uyu mukinnyi avuka

Uyu mukinnyi kuva yajya mu ikipe ya Al Ahli mu mwaka ushize w’imikino akaba yarakinnye imikino mirongo itatu n’ine ayitsindira ibitego icyenda anatanga imipira ivamo ibitego irindwi, ubu agaciro k’uyu mukinnyi ku isoko ni miriyoni umunani z’amayero.

Related posts

Etincelles irongeye yitabaza Seninga

Mugisha Alpha

Amata ashobora kutabyara amavuta kuri Fluminense yo muri Brazil nubwo iri mu makipe azakina igikombe cy’isi cy’ama club

Mugisha Alpha

Man city yerekanye Mahrez mushya

Mugisha Alpha

Leave a Comment