Image default
Imikino

Solanke yagiriwe ikizere n’igihugu cye nyuma y’imyaka irindwi

Umukinnyi w’umwongereza Dominic Solanke w’imyaka 27 wakiniye amakipe nka Liverpool, AFC Bournemouth na Tottenham Hotspur akinira kuri ubu yongeye guhamagarwa anagaragara mu kibuga akinira Ubwongereza nyuma y’imyaka irindwi.

Mu mukino ikipe y’igihugu y’abongereza yakinagamo n’ikipe y’igihugu y’ubugereki mu ijoro ryo kuwa 10, ukwakira bikarangira abongereza batsinzwe ibitego 2 kuri kimwe ari nayo nshuro ya mbere Ubugereki butsinze Ubwongereza, muri uyu mukino bwa mbere kuva mu mwaka wa 2017 Ari nawo mwaka yagiriye muri Liverpool imukuye mu ikipe ya Vitesse yo mu Buholandi aho yari intizanyo ya Chelsea.

Solanke wagize umwaka ushize w’imikino mu ikipe ya AFC Bournemouth ubwo  yatsindaga ibitego 19 byanatumye agurwa n’ikipe ya Tottenham Hotspur yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze yishimye aho yagize ati “hari hashize igihe da, nishimiye kwongera guhamagarwa n’igihugu cyanjye ngo nkihagararire”.

Related posts

Erik Ten Hag yongereye amasezerano

Mugisha Alpha

David Raya mu mitwe y’abakunzi n’abanzi ba Arsenal

Mugisha Alpha

Amata ashobora kutabyara amavuta kuri Fluminense yo muri Brazil nubwo iri mu makipe azakina igikombe cy’isi cy’ama club

Mugisha Alpha

Leave a Comment