Image default
Amakuru

Umuryango wa Bishop Dr Fidele Masengo uri mu gahinda ko kubura umubyeyi wari nyirabukwe we

Urupfu rw’umubyeyi wa Pasteur Solange Masengo umufasha wa Bishop Dr Fidele Masengo umushumba w’itorero Foursquare gospel church rwamenyekanye uyu munsi binyuze ku mbuga nkoranyambaga za bishop Dr Fidele Masengo

Bishop aganira n’ikinyamakuru HolyRwanda.com yavuze ko uyu mubyeyi yazize uburwayi ariko ntiyatangaza ubwo burwayi, akomeza ashimira abantu bose babihanganishije.

Yagize ati : ’’Mwakoze cyane kuduhumuriza. Turakomeye kandi dufite ibyiringiro by’umuzuko’’

Umuryango uracyari gutegura gahunda zo guherekeza umubyeyi bwa nyuma tuzakomeza kuzibagezaho kugira ngo twifatanye n’umuryango muri ibi bihe bikomeye.

Umuryango mugari wa HolyRwanda.com twifurije iruhuko ridashira uyu mubyeyi, ihumure no gukomera kubasigaye.

Related posts

Join Rwanda’s Leading College of Theology – Training Redemptive Servant Leaders for a Better Future

Christian Abayisenga

Hoziana Choir ya ADEPR Nyarugenge yasohoye indirimbo nshya bise “SATANI YARATSINZWE”

Christian Abayisenga

Imvano yo Gutumbagira mu kirere nk’ inyoni ku Muziki wa Gospel mu Rwanda

Christian Abayisenga

Leave a Comment