Umunya Esipanye Lucas Vasquez w’imyaka 33 yongereye amasezerano muri iyi kipe akinira kuva mu buto bwe kuva mu mwaka wa 2007 mu batarengeje imyaka 16...
Umukinnyi mpuzamahanga w’imyaka 38 ukomoka mu gihugu cya Croatia yamaze kwongera umwaka umwe w’amasezerano mu ikipe ya Real Madrid amazemo imyaka cumi n’ibiri. Luka Modric...
Umufaransa Leny Yoro ku myaka cumi n’umunani ubu yamaze kumvikana na Manchester United kandi iyi kipe yanumvikanye n’ikipe uyu musore aturukamo ya LOSC Lille buri...
Ku wa 04 Ukuboza mu mwaka wa 2021 ni bwo Tracy Agasaro yemeranije kubana akaramata na Rene Patrick umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,...
Umukinnyi ukomoka mu Bufaransa w’imyaka 25 Kylian Mbappe Lottin kuri uyu wa 16 nyakanga 2024 mu ikipe ye nshya ya Real Madrid aherutse gusinyira amasezerano...
Umukinnyi w’umunyarwanda Haruna Niyonzima yagarutse gukina muri shampiyona ya hano mu Rwanda mu ikipe ya Rayon sport avuye mu gihugu cya Libya mu ikipe ya...
Korali Goshen, ni itsinda rigari ry’ abaririmbyibabarizwa mu itorero rya ADEPR Kibagabaga, mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Kinyinya ho mu mujyi wa Kigali. Iyi Korari yateguriye abakunzi bayo, igiteranegikomeye gifite insanganyamatsiko igira iti’’NIMUZE TWUBAKE.’’ni igiterane kizahuriramoabahanzi n’ abavugabutumwa bamaze kugiraamazina aremereye hano mu Rwanda mu gisata cy’ iyobokamana. Mu bahanzi bakuru bazitabira iki giterane harimoAlex Dusabe, nawe ubarizwa mu Itorero rya ADEPR Nyarugenge, wamamaye cyane mu ndirimboUmuyoboro,ibitambo, Zaburi 23 nizindi… nyinshi. Ntabwo ari Korali Kigagabaga gusa izaba ihari, kukohazaba hari na Korali Bamaso ya ADEPR Kiyovi, Paruwase ya Muhima. Umuvugabutumwa bwiza bwaYesu Kristo uzwi nka PETER, ni umwe mubashyitsibakuru bazitabira iki giterane, Pasitori Claude Rudasigwa,Umuvugabutumwa JAKI nabandi… Iki giterane kizamara iminsi itatu, kuko kizatangirataliki ya 19 nyakanga kirangire ku ya 21 uyu mwaka.Ibi bivuze ko azaba ari kuwa Gatanu, kuwaGatandatu no ku Cyumweru. Choir Kibagabaga ya Adepr Kigagabaga imazekumenyekana cyane mu ndirimbo nyinshizitandukanye harimo nka; Uhoraho,Amaraso,Kwirembo. na NAMANI imazekurebwa n’abarenga ibihumbi 200, k’urubuga rwaborwa YouTube, nizindi…...
Uyu muhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ukiri umusore uri mubari gukora cyane kandi neza mu Rwanda yashyize hanze iyi ndirimbo nshya yitwa Mesiya...
Umunyezamu w’umunyarwanda Ntwari Fiacre w’imyaka makumyabiri n’ine wakiniraga ikipe ya TS Galaxy yo muri Afurika y’epfo yagezemo mu mpeshyi ya 2022 avuye mu ikipe ya...